tony ruberwa – uzandyarye كلمات اغاني
[intro]
j music
yeah aah aah aah
mr ruto ninjye wumva ahangaha
[verse 1]
mwari urakeye, urateye, urahiye
nubwo benshi bahamya ko utankwiye (wallah)
jy’ubimenya ko nakwemeye
ntacyantera intimba nko kukubona ushavuye (yeah)
wowe uzira ukaziririza
kunkurura kwawe ntibisaba kutikwiza (wallah)
wambara rumbiya nkavuga amangambure
sinzi uko byagenda uramutse wambaye impenure
[bridge]
uzakunde njye ugukunda
utazakunda utagukunda
ushaka shake njye ugushaka
utazashaka utagushaka (ruto)
nihagira umukungu ukuzanira amagana
uzibuke umuhungu waguhariye amagara
[chorus]
aah jyureka nawe wallah mwari mwiza uwakuruta ntawe noo
aah jyureka nawe kukugira ni ukwigira kukubura ni ukwibura
aah jyureka nawe wallah mwari mwiza uwakuruta ntawe noo
aah jyureka nawe wallah mwari mwiza aho kunsiga uzandyarye
uzandyarye uzandyarye uzandyarye wallah uzandyarye
uzandyarye uzandyarye uzandyarye wallah uzandyarye
[verse 2]
wenda byo urabizi simva mumuryango ukize (yeah)
ndetse kuri wowe no mumyaka ndakuze (nibyo)
gusa niba unkunda nkuko nanjye nagukunze (nibyo)
urabibona ko ntacyo bivuze (nibyo baan)
wenda nk_mu raper ka care ni gakeya
gusa ntacyo uzamburana ngifite my dear
(dear) aho uzajya niho nzajya
(dear) aho uzaba nanjye niho nzaba (c’est ça!)
aho uzagwa niho nzagwa
nuramuka unyemereye nzaguhora hafi (sibyo chris)
ntawakurusha ingero
ntawakurusha indoro
ntawakurusha ubwiza imbere y’amaso yanjye
[bridge]
uzakunde njye ugukunda
utazakunda utagukunda
ushaka shake njye ugushaka
utazashaka utagushaka (ruto)
nihagira umukungu ukuzanira amagana
uzibuke umuhungu waguhariye amagara (ni mwiza)
[chorus]
aah jyureka nawe wallah mwari mwiza uwakuruta ntawe noo
aah jyureka nawe kukugira nukwigira kukubura nukwibura
aah jyureka nawe wallah mwari mwiza uwakuruta ntawe noo
aah jyureka nawe wallah mwari mwiza aho kunsiga uzandyarye
uzandyarye uzandyarye uzandyarye wallah uzandyarye
uzandyarye uzandyarye uzandyarye wallah uzandyarye
[verse 3]
imbere uruta knowless
inyuma uruta allioni
biragaragara biragaragara biragaragara biragaragara
sinarota nkuyobya nzagukwa nkurongore
nkwambike impeta maze nkugire umugore
sinarota nkubabaza cg ngo nkugore
nzaguhora hafi mubibi no mubyiza
kamikazi kanjye naguhariye sentiment
ukureba cyane si amaso n’umutima
nubwo uguma kunyereka ko bikubangamira
ngerageza kubireka bikanga bikananira
[chorus]
aah jyureka nawe wallah mwari mwiza uwakuruta ntawe noo
aah jyureka nawe kukugira nukwigira kukubura nukwibura
aah jyureka nawe wallah mwari mwiza uwakuruta ntawe noo
aah jyureka nawe wallah mwari mwiza aho kunsiga uzandyarye
uzandyarye uzandyarye uzandyarye wallah uzandyarye
uzandyarye uzandyarye uzandyarye wallah uzandyarye
كلمات أغنية عشوائية
- vlado kreslin › vlado kreslin – dan neskončnih sanj كلمات اغاني
- joey knight › joey knight – losing u كلمات اغاني
- ugly corp › ugly.corp – k estoy haciendo mal كلمات اغاني
- brilliant dadasova › brilliant dadaşova – mən səni araram كلمات اغاني
- sunshine christo › sunshine christo – helga pataki remix كلمات اغاني
- water gun water gun sky attack › water gun water gun sky attack – sludge de reuse كلمات اغاني
- agusfortnite2008 › agusfortnite2008 – dos jeans كلمات اغاني
- rinahamu › rinahamu – 存分 (zone brrn) كلمات اغاني
- sgpwes › sgpwes – benjamins كلمات اغاني
- targinu › targinu – unsent كلمات اغاني